Uyu munsi biragoye. Ejo haragoye kurutaho. Ejobundi hazaba heza cyane.
Ntacyo bitwaye niba natsinzwe. Nibura icyo gitekerezo nakigejeje ku bandi.
Ntuzigere uhangana mu biciro, ahubwo hangana muri services utanga no
Nufata abantu bose nk’abanzi bawe, abantu bose bagukikije bazaba abanzi
Abapfapfa ni bo bonyine bakoresha umunwa wabo kugira ngo bavuge.
Gucika intege niko gutsindwa gukomeye.
Amahirwe akomeye akenshi biragoye kuyasobanura neza; Ibintu bishobora gusobanurwa neza
Niba hari inkwavu icyenda kandi ushaka gufata rumwe, ibande kuri
Umuyobozi agomba kuba areba kure kandi akagira ubushishozi kurusha umukozi.
Uko waba umeze kose, uburyo cyangwa aho wakuriye, amashuri utize
Niba ukiri umukene ku myaka 35 y’amavuko, urabikwiye.