Uwiteka ni imbaraga zanjye n’indirimbo yanjye, Ampindukiye agakiza. Uwo ni we Mana yanjye, nanjye ndayihimbaza, Ni yo Mana ya data, nanjye ndayishyira hejuru.
Category: Umurongo w’Umunsi
Umurongo w’Umunsi
Zaburi 34:17 ⇒ Igitsure cy’Uwiteka kiri ku bakora ibyaha, Kugira ngo amareho kwibukwa ..
Igitsure cy’Uwiteka kiri ku bakora ibyaha, Kugira ngo amareho kwibukwa kwabo mu isi.
Zaburi 16:8 ⇒ Nashyize Uwiteka imbere yanjye iteka, Kuko ari iburyo bwanjye sinzanyeganyezwa.
Nashyize Uwiteka imbere yanjye iteka, Kuko ari iburyo bwanjye sinzanyeganyezwa.
2 Timoteyo 1:7 ⇒ Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga ..
Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga n’urukundo no kwirinda.
Zaburi 91:1-2 ⇒ Uba mu rwihisho rw’Isumbabyose, Azahama mu gicucu cy’Ishoborabyose.
Uba mu rwihisho rw’Isumbabyose, Azahama mu gicucu cy’Ishoborabyose.
Nehemiya 8:10 ⇒ Maze arababwira ati “Nimugende murye inyama z’ibinure, munywe ibiryohereye, ..
Maze arababwira ati “Nimugende murye inyama z’ibinure, munywe ibiryohereye, mwoherereze amafunguro abadafite icyo bahishiwe, kuko uyu munsi ari umunsi werejwe Uwiteka wacu, kandi ntimugire agahinda kuko kwishimana Uwiteka ari zo ntege zanyu.”
Yesaya 12:2 ⇒ Dore Imana ni yo gakiza kanjye nzajya niringira ne gutinya, kuko Uwiteka ..
Dore Imana ni yo gakiza kanjye nzajya niringira ne gutinya, kuko Uwiteka Yehova ari we mbaraga zanjye n’indirimbo yanjye agahinduka agakiza kanjye.”
Yesaya 41:10 ⇒ Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ..
Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye.
Gutegeka kwa kabiri 33:27 ⇒ Imana ihoraho ni ubuturo bwawe, Amaboko ye iteka ryose arakuramira. ..
Imana ihoraho ni ubuturo bwawe, Amaboko ye iteka ryose arakuramira. Yirukanye ababisha imbere yawe, Iravuga iti ‘Rimbura.’