Hari impamvu buri wese aba ameze uko ameze, nizituma akora ibyo akora. Mbere yo gutunga mugenzi wawe urutoki jya ubanza urebe ko enye ziri kukureba zisukuye.
Category: Inama y’Umunsi
Inama y’Umunsi
1 min read
0
Fata umwanya wo kwitekerezaho
Reka ubuzima bwo kutwara, fata akanya witekerezo ..
1 min read
0
Ibintu 10 uzakora kugirango abantu batazakumenyera
Ujye Wihanganira Byose Kandi Ntugahubukire Gufata Umwanzuro
2 min read
0
Mbere yo kwibaza ku musaruro ubonye uzasubize amaso inyuma urebe imbuto wateye
Umunyembaraga si wawundi utaragwa na rimwe, ahubwo ni wawundi ugwa akabyuka
1 min read
0
Ububwa si ukugira umurizo gusa ahubwo ni ukwica amasezerano wagiranye n’incuti yawe
Ubuze amafaranga, uba ubuze byinshi. Uhombye incuti, uba ukubye kabiri. Iyo ubuze icyizere, uba ubuze byose.
2 min read
0
Abakire Bakomeza Gukira Kuko Babaho Nkabakene Naho Abakene Bagakomeza Gukena Kuko Babaho Nkabakire
Abakire bakomeza gukira kuko babaho nk’abakene naho abakene bagakomeza gukena kuko babaho nkabakire
2 min read
0
Amagambo y’ubwenge yavuzwe na Muhamedi – Ukize kuri Roho no ku mutima niwe ukize kurusha abandi
Umunyembaraga kurusha abandi ni ubasha kugenzura umujinya we
1 min read
0
Inama 10 ku basore n’inkumi batararushinga
Shyira ku munzani amafuti n’amakosa by’uwo ukunda, nusanga yoroheje uyihanganire, wibuke ko nta muntu utagira inenge.
4 min read
0
Urukundo ruhindura uwari mubi akaba mwiza.
Urukundo ruhindura uwari mubi akaba mwiza.