Zaburi 34:8 ⇒ Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo kugota abamwubaha, Akabakiza. Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo kugota abamwubaha, Akabakiza.
Burya koko MBABARIRA ni ijambo rikomeye kurusha andi yose umuntu ashobora kuvugaIyo utanze imbabazi uba ubohoye umutima wawe gusa ariko iyo usabye imbabazi uba ubohoye imitima ibiri.
Nta marira warira yahindura ahahise, nta n’amaganya waganya yahindura ahazaza, kwihangana no gukomera ni byoNta marira warira yahindura ahahise, nta n’amaganya waganya yahindura ahazaza, kwihangana no gukomera ni byo byonyine byabasha kukugeza aho ushaka
Ibintu 10 uzakora kugirango abantu batazakumenyeraUjye Wihanganira Byose Kandi Ntugahubukire Gufata Umwanzuro