Hari impamvu buri wese aba ameze uko ameze, nizituma akora ibyo akora. Mbere yo gutunga mugenzi wawe urutoki jya ubanza urebe ko enye ziri kukureba zisukuye.
1 min read
0
Fata umwanya wo kwitekerezaho
Reka ubuzima bwo kutwara, fata akanya witekerezo ..
1 min read
0
Ibintu 10 uzakora kugirango abantu batazakumenyera
Ujye Wihanganira Byose Kandi Ntugahubukire Gufata Umwanzuro
2 min read
0
Mbere yo kwibaza ku musaruro ubonye uzasubize amaso inyuma urebe imbuto wateye
Umunyembaraga si wawundi utaragwa na rimwe, ahubwo ni wawundi ugwa akabyuka
1 min read
0
Ububwa si ukugira umurizo gusa ahubwo ni ukwica amasezerano wagiranye n’incuti yawe
Ubuze amafaranga, uba ubuze byinshi. Uhombye incuti, uba ukubye kabiri. Iyo ubuze icyizere, uba ubuze byose.
1 min read
0
Kuva 15:2 ⇒ Uwiteka ni imbaraga zanjye n’indirimbo yanjye, Ampindukiye agakiza. Uwo ni ..
Uwiteka ni imbaraga zanjye n’indirimbo yanjye, Ampindukiye agakiza. Uwo ni we Mana yanjye, nanjye ndayihimbaza, Ni yo Mana ya data, nanjye ndayishyira hejuru.
1 min read
0
Zaburi 34:17 ⇒ Igitsure cy’Uwiteka kiri ku bakora ibyaha, Kugira ngo amareho kwibukwa ..
Igitsure cy’Uwiteka kiri ku bakora ibyaha, Kugira ngo amareho kwibukwa kwabo mu isi.
1 min read
0
Zaburi 16:8 ⇒ Nashyize Uwiteka imbere yanjye iteka, Kuko ari iburyo bwanjye sinzanyeganyezwa.
Nashyize Uwiteka imbere yanjye iteka, Kuko ari iburyo bwanjye sinzanyeganyezwa.
1 min read
0
2 Timoteyo 1:7 ⇒ Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga ..
Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga n’urukundo no kwirinda.