Shaka abantu beza, aho gushaka abantu b’ibitangaza.
Nemera amahame abiri: Imyitwarire yawe iruta ubushobozi bwawe. Mu by’ukuri,
Niba udacika intege, uracyafite amahirwe. Iyo ukiri muto, ugomba kwibanda
Amahirwe ni ingenzi cyane. Ariko ntushobora gutegereza amahirwe kuko ntazaza.
Icyo wakora cyose, ugatsinda cyangwa ugatsindwa, kugira ubunararibonye ni intsinzi
Uyu munsi biragoye. Ejo haragoye kurutaho. Ejobundi hazaba heza cyane.
Ntacyo bitwaye niba natsinzwe. Nibura icyo gitekerezo nakigejeje ku bandi.
Ntuzigere uhangana mu biciro, ahubwo hangana muri services utanga no
Nufata abantu bose nk’abanzi bawe, abantu bose bagukikije bazaba abanzi
Niba ufite imitekerereze itandukanye n’abandi, ibyo uzageraho nabyo bizaba bitandukanye:
Ugomba kwigira k’uwo muhanganye, ariko ntuzigere ukopera ibyo akora na
Abapfapfa ni bo bonyine bakoresha umunwa wabo kugira ngo bavuge.
Gucika intege niko gutsindwa gukomeye.
Amahirwe akomeye akenshi biragoye kuyasobanura neza; Ibintu bishobora gusobanurwa neza
Niba hari inkwavu icyenda kandi ushaka gufata rumwe, ibande kuri
Umuyobozi agomba kuba areba kure kandi akagira ubushishozi kurusha umukozi.
Uko waba umeze kose, uburyo cyangwa aho wakuriye, amashuri utize
Niba ukiri umukene ku myaka 35 y’amavuko, urabikwiye.