Umuryango si abo muhuje amaraso gusa ahubwo ni abagufata ukuboko igihe ubikeneye. Inshuti ya hafi yakurutira umuvandimwe wa kure.
Itangiriro 17:20 ⇒ Kandi ibya Ishimayeli ndakumviye: dore muhaye umugisha, nzamwororotsa ..
Kandi ibya Ishimayeli ndakumviye: dore muhaye umugisha, nzamwororotsa mugwize cyane, azabyara abatware cumi na babiri kandi nzamuhindura ubwoko bukomeye.
Incuti zikundana ibihe byose, ariko haba incuti inamba ku muntu ikamurutira umuvandimwe
Incuti zikundana ibihe byose, ariko haba incuti inamba ku muntu ikamurutira umuvandimwe
Zaburi 31:24 ⇒ Mukunde Uwiteka mwa bakunzi be mwese mwe, Uwiteka arinda abanyamurava, ..
Mukunde Uwiteka mwa bakunzi be mwese mwe, Uwiteka arinda abanyamurava, Yitura byinshi ūkora iby’ubwibone.
Nta marira warira yahindura ahahise, nta n’amaganya waganya yahindura ahazaza, kwihangana no gukomera ni byo
Nta marira warira yahindura ahahise, nta n’amaganya waganya yahindura ahazaza, kwihangana no gukomera ni byo byonyine byabasha kukugeza aho ushaka
Yesaya 41:10 ⇒ Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ..
Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye.
Incuti magara ni yayindi ikomeza kukugirira icyizere, mu gihe nawe ubwawe utacyifitiye icyizere
Incuti magara ni yayindi ikomeza kukugirira icyizere, mu gihe nawe ubwawe utacyifitiye icyizere
1 Abakorinto 15:58 ⇒ Nuko bene Data bakundwa, mukomere mutanyeganyega murushaho iteka gukora ..
Nuko bene Data bakundwa, mukomere mutanyeganyega murushaho iteka gukora imirimo y’Umwami, kuko muzi yuko umuhati wanyu atari uw’ubusa ku Mwami.
Nugirira neza umuntu uzajye ubifata nk’aho ufashije uwo mutazongera guhura, bizakurema mo umutima udakunda gukorera
Nugirira neza umuntu uzajye ubifata nk’aho ufashije uwo mutazongera guhura, bizakurema mo umutima udakunda gukorera gushimwa