Ni wowe bwihisho bwanjye uzandinda amakuba n’ibyago, Uzangotesha impundu zishima agakiza.
Yesaya 30:15 ⇒ Uwiteka Imana, Uwera wa Isirayeli yavuze ati “Nimugaruka mugatuza ..
Uwiteka Imana, Uwera wa Isirayeli yavuze ati “Nimugaruka mugatuza muzakizwa, mu ituze no mu byiringiro ni mo muzaherwa imbaraga, ariko mwaranze.
Abaheburayo 4:16 ⇒ Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugira ngo tubabarirwe tubone ..
Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugira ngo tubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara mu gihe gikwiriye.
Yosuwa 1:9 ⇒ Mbese si jye ubigutegetse? Nuko komera ushikame, ntutinye kandi ntukuke ..
Mbese si jye ubigutegetse? Nuko komera ushikame, ntutinye kandi ntukuke umutima, kuko Uwiteka Imana yawe iri kumwe nawe aho uzajya hose.”
Zaburi 138:3 ⇒ Umunsi nagutakiyeho waransubije, Umpumurisha guha umutima wanjye imbaraga.
Umunsi nagutakiyeho waransubije, Umpumurisha guha umutima wanjye imbaraga.
Gutegeka kwa kabiri 31:6 ⇒ Mukomere mushikame ntimubatinye, ntimubakukire imitima kuko Uwiteka Imana ..
Mukomere mushikame ntimubatinye, ntimubakukire imitima kuko Uwiteka Imana yawe ubwayo izakujya imbere, ntizagusiga ntizaguhāna.”
Abakire Bakomeza Gukira Kuko Babaho Nkabakene Naho Abakene Bagakomeza Gukena Kuko Babaho Nkabakire
Abakire bakomeza gukira kuko babaho nk’abakene naho abakene bagakomeza gukena kuko babaho nkabakire
1 Ibyo ku ngoma 16:11 ⇒ Mushake Uwiteka n’imbaraga ze, Mushake mu maso he iteka ryose.
Mushake Uwiteka n’imbaraga ze, Mushake mu maso he iteka ryose.
Gutegeka kwa kabiri 31:8 ⇒ Uwiteka ubwe azakujya imbere, azabana nawe ntazagusiga, ntazaguhāna. ..
Uwiteka ubwe azakujya imbere, azabana nawe ntazagusiga, ntazaguhāna. Ntutinye, ntukuke umutima.”