Ibintu 10 uzakora kugirango abantu batazakumenyera


1. Uzirinde Kwereka Umuntu Ko Umukeneye Cyane
2. Uzirinde Kwereka Umuntu Ko Uzi Byose, Ahubwo Ujye Umwereka Ko Ntacyo Uzi
3. Uzirinde Gusekera uwo ari we Wese Kuko Harimo Abantu Badaha Agaciro Inseko Z’abantu.
4. Utazemera Umuntu Ko Akugira Igikoresho cye Nubwo Yaba Akwishyura Ibyamirenge
5. Uzagire Kwihangana Kandi Umenye Uko Wabana Numuntu Bitewe Nuko ameze.
6. Uzirinde Kuvuga Ibyo ubonye Byose Nubwo Waba Ubizi
7. Ntukihuruze Mu bitakureba Kandi Ujye Uvuga Macye
8. Ntuzereke Umuntu Ko Uri umuhanga Cyangwa Uzi byose Kandi Ujye Umusubiza Ibyakubajije Gusa
9. Ujye Wihanganira Byose Kandi Ntugahubukire Gufata Umwanzuro
10. Ujye Wibaza Kandi Ujye Utekereza Uwo uriwe Kanddi Usenge Cyane

Izi nama nuzikurikiza uzavamo umuntu abantu bafata nk’ufite agaciro. Umuntu abantu badafata uko biboneye. Wawundi buri wese yifuza kuganira nawe kuko amubonamo umuntu ufite ubwenge kandi w’inararibonye. Kuko uvuga menshi bamufata nk’udasobanutse, ariko uwihagararaho akavuga macye bamufata nk’umuntu ushishoza, uvuga nyuma yo gutekereza.

Leave a Reply