Inyungu wizera kubona zigutere gukomeza gukora mu gihe kigoye
inama
Gukunda umuntu utagukunda bimeze nko kwandikisha ikaramu y’umukara ku rubaho rw’umukara
Igira ku hashize hawe nubwo harangiye. Tegura imbere hawe, uracyafite amahirwe. Uyu munsi niwo wawe,
Umuntu nakubwira ko akwanga uzamwereke ko atari we uba mu isi wenyine wo kubana nawe
Sigaho, ntukabwire abantu ibibazo byawe. 20% ntacyo bibabwiye naho 80% bishimiye ko uri mu bibazo.
Witondere cyane imico yawe kuruta uko abandi bakuvugaho, kuko imico yawe nicyo uri cyo mu
Mbere yo kunenga umuntu, jya ubanza umumenye. Ariko kugira ngo umumenye neza, banza umukunde
Gira indoto nk’umuntu uzabaho iteka, baho nk’umuntu uzapfa ejo
Ntugasenge ngo Imana iguhe ubuzima bworoshye, ahubwo jya usenga usaba imbaraga zo gukomera mu bihe