Umuntu nagusubiza nabi uzamenyeko wamubajije nabi


Tubayeho mu buzima budusaba kuvugana n’abantu bose. Kuvuga neza no kuvuga nabi ni bimwe mu bintu biranga abaganira. Ni ihame ko umuntu agusubiza bitewe nuko icyo wamubwiye cyatumye yiyumva muri we, umuntu nagusubiza nabi uzamenye ko wamubajije nabi. Twitoze kubaza no gusubiza neza mu gihe cyose tuganira.

Leave a Reply