Ibintu 5 ugomba gusobanukirwa neza niba ushaka kugira urugo rwiza.
Zaburi 34:4 ⇒ Mufatanye nanjye guhimbaza Uwiteka, Dushyirane hejuru izina rye.
Jya ufata buri munsi wose ugejejeho ko ari umunsi mukuru
Yohana 14:27 ⇒ “Mbasigiye amahoro, amahoro yanjye ndayabahaye. Icyakora simbaha nk’uko ..
Ubumuga busumba ubundi bwose ni ubwoba: Jya ugira amakenga ariko ubwoba bwo ubwime umwanya
Kuva 33:14 ⇒ Aramusubiza ati “Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure.”
Imigani 18:10 ⇒ Izina ry’Uwiteka ni umunara ukomeye, Umukiranutsi awuhungiramo, agakomera.
Amagambo amwe yahindura ubuzima bwawe
Urupapuro rw’ubuzima – gerageza rukomeze kuba umweru
Luka 12:25-26 ⇒ Ni nde muri mwe wabasha kwiyunguraho umukono umwe, abiheshejwe no kwiganyira?
Umwe ukunda cyane burya nawe yikundira abandi
2 Abatesalonike 3:3 ⇒ Ariko Umwami ni uwo kwizerwa, ni we uzakomeza mwebwe, abarinde Umubi.
Ubuzima ni bugufi, tubaho rimwe gusa, ariko nubaho neza ibyo bizaba bihagije
Umuntu nagusubiza nabi uzamenyeko wamubajije nabi
Abafilipi 4:6 ⇒ Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana ..
Luka 12:32 ⇒ “Mwa mukumbi muto mwe, ntimutinye kuko So yishimira kubaha ubwami.
Inyungu wizera kubona zigutere gukomeza gukora mu gihe kigoye
Abakolosayi 3:19 ⇒ Bagabo, namwe mukunde abagore banyu ntimubasharirire.