Twese tuzapfa. Icyo duharanira si ukuguma ku isi iteka, ahubwo ni ugusiga icyo abantu bazatwibukiraho iteka !
Category: Inama y’Umunsi
Inama y’Umunsi
Ibintu 5 ugomba gusobanukirwa neza niba ushaka kugira urugo rwiza.
Nta muntu udakosa ubaho !
Jya ufata buri munsi wose ugejejeho ko ari umunsi mukuru
Ubuzima ni igitabo gifite amapaje menshi, amabi n’ameza. Uyu munsi waba uri kuri paje y’ubuzima bubi, ejo wagera kuri paje y’ubuzima bwiza.
Ubumuga busumba ubundi bwose ni ubwoba: Jya ugira amakenga ariko ubwoba bwo ubwime umwanya
Ubumuga busumba ubundi bwose ni ubwoba: Jya ugira amakenga ariko ubwoba bwo ubwime umwanya
Amagambo amwe yahindura ubuzima bwawe
Aho kurata inkongoro, uzarate umwana yagaburiye. Naho ubundi ibyo babyita kurata inkovu z’imiringa
Urupapuro rw’ubuzima – gerageza rukomeze kuba umweru
Ubuzima ni nk’urupapuro rw’umweru twandikaho n’ikaramu y’igiti. Birashoboka ko ibyo wanditse wabisiba ubuzima bugakomeza
Umwe ukunda cyane burya nawe yikundira abandi
Umwe ukunda cyane burya nawe yikundira abandi. Abo wirukankaho ushaka burya nabo biruka bashaka abandi, irinde guca amazi cyangwa kwihenura ku ncuti zigusaba urukundo. Mu buzima duhura n’ibintu byinshi, ni byiza kwitondera guca amazi cyangwa kwihenura ku ncuti zigukunda, ntawamenya ejo n’ejobundi uko bizaba bimeze
Ubuzima ni bugufi, tubaho rimwe gusa, ariko nubaho neza ibyo bizaba bihagije
Byina nkaho ntawukureba, Kunda urushe uko wikunda, Ririmba nkaho ntawukumva, baho nkaho uri mu ijuru ku isi
Umuntu nagusubiza nabi uzamenyeko wamubajije nabi
Wari uzi ko umuntu agusubiza bitewe nuko icyo wamubwiye cyatumye yiyumva muri we ?