Incuti zikundana ibihe byose, ariko haba incuti inamba ku muntu ikamurutira umuvandimwe Incuti zikundana ibihe byose, ariko haba incuti inamba ku muntu ikamurutira umuvandimwe
Ibintu 12 umuntu wese agomba kumenyaUmunsi mwiza kurusha iyindi yose ni uyu munsi kuko utazagaruka ukundi
Umwe ukunda cyane burya nawe yikundira abandiUmwe ukunda cyane burya nawe yikundira abandi. Abo wirukankaho ushaka burya nabo biruka bashaka abandi, irinde guca amazi cyangwa kwihenura ku ncuti zigusaba urukundo. Mu buzima duhura n’ibintu byinshi, ni byiza kwitondera guca amazi cyangwa kwihenura ku ncuti zigukunda, ntawamenya ejo n’ejobundi uko bizaba bimeze
Ububwa si ukugira umurizo gusa ahubwo ni ukwica amasezerano wagiranye n’incuti yaweUbuze amafaranga, uba ubuze byinshi. Uhombye incuti, uba ukubye kabiri. Iyo ubuze icyizere, uba ubuze byose.