28 Nzeli 2025
Uru rugamba rwampinduye uwo ndi we uyu munsi
Amateka ya Afurika yanditswe n’abandi, hakenewe ko ibibazo n’ibisubizo tubigira ibyacu, tukubaka amateka yacu
Nta muntu ushobora kuguha agaciro! Agaciro ni ukukiha kuko ni uburenganzira bwanyu kandi biri mu bushobozi bwanyu, bikwiye rero kuba no mu bushake bwanyu kugirango mubigereho