Niba utazi aho uwo muhanganye ari, cyangwa wiyemera birenze ndetse..

Niba utazi aho uwo muhanganye ari, cyangwa wiyemera birenze ndetse cyangwa utumva uburyo ari igitotsi gikomeye ku izamuka ryawe, nta kabuza uzagwa inyuma ye. Ntukabe “abo” muri iyi mvugo: Babanza kukwima agaciro, hanyuma bakaguseka, hanyuma bakakurwanya, hanyuma ukabatsinda.