Abakolosayi 3:19 ⇒ Bagabo, namwe mukunde abagore banyu ntimubasharirire.
Bagabo, namwe mukunde abagore banyu ntimubasharirire.
Kubaha Uwiteka nibwo bwenge, kuva mu byaha niko kujijuka
Bagabo, namwe mukunde abagore banyu ntimubasharirire.
Ufashe ururimi rwe aba arinze ubugingo bwe, Ariko ubumbura akanwa ke azarimbuka.
Ukuri kuzima ni uku: Urinda ururimi rwe kuvuga ibidafite umumaro azaramba
Ikinyoma kimeze nk’uburozi bwica gahoro gahoro nyir’ukubunywa akabimenya yenda gupfa.
Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo,
Uganire ku buryo undi umuntu yakwifuza ku gutega amatwi, unatege amatwi ku buryo umuntu yakwifuza kuganira nawe.
Yesu arabitegereza arababwira ati “Ibyo ntibishobokera abantu, ariko ku Mana ko si ko biri kuko byose bishobokera Imana.”
Yesu arabitegereza arababwira ati “Ibyo ntibishobokera abantu, ariko ku Mana byose birashoboka.”
Iyo utanze imbabazi uba ubohoye umutima wawe gusa ariko iyo usabye imbabazi uba ubohoye imitima ibiri.