Zaburi 34:10 ⇒ Mwubahe Uwiteka mwa bera be mwe, Kuko abamwubaha batagira icyo bakena. Mwubahe Uwiteka mwa bera be mwe, Kuko abamwubaha batagira icyo bakena.
Jya ufata buri munsi wose ugejejeho ko ari umunsi mukuruUbuzima ni igitabo gifite amapaje menshi, amabi n’ameza. Uyu munsi waba uri kuri paje y’ubuzima bubi, ejo wagera kuri paje y’ubuzima bwiza.
Abaheburayo 4:16 ⇒ Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugira ngo tubabarirwe tubone ..Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugira ngo tubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara mu gihe gikwiriye.
Yesaya 41:10 ⇒ Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ..Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye.