Niba utazi aho uwo muhanganye ari, cyangwa wiyemera birenze ndetse cyangwa utumva uburyo ari igitotsi gikomeye ku izamuka ryawe, nta kabuza uzagwa inyuma ye. Ntukabe “abo” muri iyi mvugo: Babanza kukwima agaciro, hanyuma bakaguseka, hanyuma bakakurwanya, hanyuma ukabatsinda.